https://www.high-endrolex.com/6

Institute of Policy Analysis and Research-IPAR Rwanda | Research | Policy Analysis | Public Policy Dialogue and Debate | Research Capacity Building.

Reports

Amafaranga agenewe uru rwego agaragaza ukwiyemeza kw’igihugu kugira ngo kigere ku ntego cyari cyarihaye muri ururwego. Imibare ya CAADP igaragaza ko igihugu cyari cyiyemeje kugenera urwego rw’ubuhinzi 10% by’ingengo y’imari na 6% by’umusaruro w’urwego rw’ubuhinzi mu mwaka. Hashingiwe ku Itangazo rya Maputo ryo mu mwaka wa 2003, ibihugu byarishyizeho umukono bigomba gushyira nibura 10% by’amafaranga bikoresha mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi n’ibice by’icyaro. Turebye uko ingengo y’imari yakoreshejwe mu myaka ine y’ingengo y’imari ishize (kuva muri 2015/2016 kugeza 2018/2019), tukanashingira ku gisobanuro cya MAFAP, dusanga amafaranga yashyizwe mu rwego rw’ubuhinzi ari hagati ya 9% na 10% y’ingengo y’imari yose ya Leta. Muri rusange, Guverinoma y’u Rwanda yashyize impuzandengo ingana na 9.17% by’ingengo y’imari yayo mu rwego rw’ubuhinzi muri iyo myaka.

Kanda munsi usome aka gatabo

Share:

https://www.high-endrolex.com/6