Reports

Uyu mutwe uheruka ugamije kugaragaza ibigikenewe gukorwa kugira ngo tugere ku buryo budahenze bwo gutera inkunga y’imari urwego rw’ubuhinzi. Ingano y’inguzanyo ikenewe yateganijwe hakoreshejwe uburyo bw’imibare ishingiye ku byavuye mu Buashakashatsi bwa Kane ku Mibereho y’ingo mu Rwanda (EICV4), hibandwa ku kureba ingano y’inguzanyo y’ubuhinzi yazakenerwa igihe ibikorwa by’ubukungu byazamuka.

Kanda munsi usome aka gatabo

Share: