Reports

Mu mutwe wa mbere twabonye ko gutera inkunga y’imari imirimo yo gutunganya umusaruro umaze gusarurwa bikiri ikibazo mu Rwanda. Ariko ukuri ni uko gutera inkunga y’imari icyiciro cya nyuma yo gusarura bifite akamaro kangana n’ako gutera inkunga ibindi byiciro by’ubuhinzi. byongeye kandi, abahinzi baba bagomba kwishyura inguzanyo bafashe bakoresheje amafaranga bakuye mu musaruro. bityo rero, uyu mutwe uragaragaza igisubizo cyatanzwe na isoko ry’ibicuruzwa rya afurika y’uburasirazuba (EAX) mu gukemura iki kibazo.

Kanda munsi usome aka agatabo

Share: