Who We Are

Agatabo Ku Guhanga Udushya Mu Buhinzi N’ubworozi Mu Rwanda

Muri uyu mutwe, turagaragaza uburyo bwo gukora ibintu bitandukanye, imiterere n’iterambere rya Koperative y’Aborozi ba Gicumbi (IAKIB) byayishoboje kubona inkunga y’imari. Ikindi, turagaragaza udushya tw’ikoranabuhanga rya terefone zigendanwa rifasha abahinzi kubona inkunga. Utu dushya dutangwa na TecHouse ya BK na KCB. Agashya ka mbere kashyize gahunda yo guha abahinzi inyongeramusaruro mu ikoranabuhanga ; aha TecHouse ya BK yashyizeho uburyo bworohereza abahinzi kubona inyongeramusaruro. Naho ubwa nyuma na bwo ni uburyo bw’ikoranabuhanga bwahanzwe na KCB bugafasha iyi Banki kugera ku bakorera ubuhinzi ku butaka buto. Mu gusoza, turagaragaza uburyo bushya bwa NAEB bwo kunganira abahinzi b’icyayi na kawa ibaha ifumbire.

Kanda munsi usome aka gatabo