Reports

Uyu mutwe ugaragaza ibibera aho ubuhinzi bukorerwa bikozwe na BRD, BDF, ubwishingizi bwa UAP na Banki Urwego. Uragaragaza ibikorwa by’ibi bigo, impinduka zizanwa n’ibyo bikora, imbogamizi n’amasomo byakuye mu gutera inkunga y’imari urwego rw’ubuhinzi mu Rwanda. Ubunararibonye bwa BRD an BDF nk’ibigo by’ingenzi Leta ishoramo imari buzafasha cyane mu kumva ibituma umuntu agera ku ntego ndetse n’imbogamizi mu kugera ku ntego za Guverinoma mu gutera inkunga y’imari urwego rw’ubuhinzi. Naho ubunararibonye bwa UAP mu bwishingizi buzafasha mu kurushaho kumva uburyo bwo kwishingira imishinga y’ubuhinzi. Hanyuma, ubunararibonye bwa Banki Urwego buzafasha mu kumva imbogamizi n’amasomo twakura mu gutera inkunga abakorera ubuhinzi ku butaka buto.

Kanda munsi usome agatabo

Share: